HomeNewsUhuru Kenyatta agiye gusubiza ingoma yari yibye kumanywa yihangu?

Uhuru Kenyatta agiye gusubiza ingoma yari yibye kumanywa yihangu?

Aug 15,2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,nerekwwa abega ni ngabo zabo,hamwe na banyarwanda baturutse mu gihugu cya Tanzania,bamanurwa mu bugufiya cyane kurusha ubundi bwose buherereye hafi ya Nyanja iri mu majyepfo yuburasira zibu bw’Africa yuburasirazuba.

Mbona ko bageze muri ubwo butayu bagezeyo bahasanga umwalimu(professor)w’umuzungu alimo abategurira amasomo bagiye kwigishwa muri ubwo butayu bugufiya bwashyiriweho kwigishirizwamo intumva zirwanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa komisiyo ya IEBC yo mu gihugu cy’ibabylon nayo imanurwa muri ubwo butayu bugufiya bwegereye ya Nyanja yo mu burasira zuba bwa Africa.Mbona na bakoze biyo komisiyo nabo balimo bakinira muri ubwo butayu bugufiya abandi nabo balimo basubiramo amatora y’umukuru w’igihugu kugirango bavuge neza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu ntawubahagaze hejuru ngo abashyireho iterabwoba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umudayimoni wo mu bwoko bw’uruyongoyongo rwitwa KAROLI rufite umunwa muremure,mbona haje ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gufashe inkota mu ntoki[sword];gutamika icyo gisigamukanwaa kacyo maze ya nkota imanukana hagati yumunwa na kanwa kacyo kugeza igiciyemo kabiri.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuzimu winda nini uciriweho iteka,kuko washatse kwiharira ariko bikaba bidashoboka kuko binyuranye ni jambo ry’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka nyiringabo abivuze.Kiriya kiyongoyongo cyitwa KAROL ni Ihuriro rya Jubilee Aliance Part rigiwe kwamburwa ubutegetsi kuko ridashobora kwambura ubutegetsi kumanywa yihangu ngo bizabaundire.

Kandu ubwo butayu wabonye bugufiya bwamanuwemo abashinzwe amatora mu gihugu cy’ibabylon,hamwe na KANINI NI KEGA,hamwe na BEGA,igihe cyabo kiragze ngo bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo atacyihanganira umwuka w’ikinyoma cya Satani nabadayimoni bamenyereye gutwaza isi igitugu hamwe nubwoko bw’Uhoraho Nyiringabo akaba ariyompamvu bose bamanuwe mu butayu bugufiya kandi hamwe kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabi ariwe Mana uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhiraho rikomeza kunzaho cyane ndetse cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mugore w’umuherwe mwahuriye muri hotel mu murwa w’ibabylon agiye kuza kugushaka kuko ibyo wamubwiye bizaba mu gihugu cy’ibabylon nibyo byabaye uko niko Uwiteka akuburiye kandi nuko avuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi abagore bo mu bwoko bwa batutsi Kazi,bajya munsengero kujya kwifotoza(kweyerekana ubwibone)maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,bariya bagore bo mu bwoko bw’Abatutsi Kazi,nta bwo bajya bakizwa buzuye ubwibone bwindegakamere,kandi nta nicyo bamarira amasinagogi banga gutanga utwabo ngo bashyigikire abafarisayo namasinagogi yabo kandi bazi yuko naho umuntu yifotoreza ubusanzwe agomba kuhishyurira.

Bagenzwa no kunegura bagenzi babo no kwiyerekana gusa ari nta kindi kibajyanye,barangwa nurukundo rucye ntabwo bashobora gufasha abatishoboye nibura ngo abantu babone yuko Imana iriho,cyangwa se banabagabanyirize umuruho bikoreye w’ubukene nyamara se sibo babikoreje?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Mbona abadayimoni baba muri abo badamu bibera munsengero ari nta cyo bamarira urusengero,abo badayimoni numva bitotombera Umuhanuzi yuko ngo yerekwa ibyabo akabishyira ahabona.Abadayimoni bakomeza kuvuga ko,ngo bajya bagerageza gutera uwo Muhanuzi bagasanga yaindutse umuriro gusa gusa ku buryo badashobora kumugeraho.

Ngo ubundi iyo atahindutse umuriro imyenda ye,ihinduka amabara abengerana ku buryo akumena amaso ntubashe kumubona ahubwo ukabone ya mabara abengerana nk’umuriro we ntube Wabasha kumubona uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umugisha wamaze gutegurwa ushyirwa kumeza utegereje yuko Umuanuzi awakira,mbona wuzuye isahani(Plate)maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bashatse uko baburizamo umugisha wawe ariko byananiranye byanze bikunze urakugeraho kuko Uhoraho Nyiringabo yamaze gutegeka yuko woherezwa mu mazina yawe nta kuntu rero uribusubizweyo kandi Uwiteka yamaze kuwutegeka niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona isoko(SPRING)iri ahantu muri gakondo y’Umuhanuzi gusa.Mbona mwisi yose,nta masooko ahasigaye usibye inyanja gusa.Mbona muri gakondo y’Umuhanuzi(Plot)ariho  hashyizwe KANO cyangwa RUBINE(TAB) mbona abantu baza kuhavoma amazi ariko abenshi bari abagore bazaga umwe umwe boherejwe numuryango umwe umwe akavomera family yose birinda gutonda imirongo miremire.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore isi yose izabura amazi y’ubugingo nyamara bazaza kuyavoma k’Umuhanuzi w’Uwiteka Nyirngabo kugirango bamenye yuko yabonye Imana ishobora byose maze bashire inyota bamaranye ibihe byinshi cyane.

Dore amwe mu masinagogi bazajya baza kuvumba inyigisho ngo babone uko bajya kwigisha abakiliya babo kandi nyamara atari byabo.Byose bazaba babikorera kugirango batabacika ariko se ninde uzabyihanganira yarumvise ahabonetse umucyo w’Uwiteka Nyiringabo hamwe na mazi yubugingo?Niko Uwiteka abaza!

Uhuru Kenyatta, addresses the crowd after he was declared the winner in the presidentail race at the Centre in Bomas, Nairobi, Kenya, Friday, Aug.11, 2017. (AP Photo/ Sayyid Abdul Azim)

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu hanura uvuge uti,yewe Kenyatta umwana w’IGATUNDU,rekura ubutegetsi wibye,kuko nutaburekura,urisanga mu rwobo wicukuriye,kuko bitashoboka yuko umuntu yarwanya ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo ngo azagire amahora kabone naho wakoresha imbaraga z’isi yose nta bwo wanesha umuremyi wawe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments