HomeNewsUmuvumo wa bega,abasinga,abashambo,abenegitori,abashingwe,waba ukomoka hehe?

Umuvumo wa bega,abasinga,abashambo,abenegitori,abashingwe,waba ukomoka hehe?

14 August 2017 bakundwa bene data,mbasuhuje mu izina rya data wo mu Ijuru,umwana w’umwuka wera.Umwami wabakiranutsi ahabwe icyubahiro Uwiteka Nyiringabo ashyirwe hejuru iteka niteka ryose Amen.Ubuhanuzi bw’uyumunsi ndibanda cyane gutanga ibisobanuro bijyanye nimiryango nyarwanda yakoreye ibigirwamana ilimo abasinga,abega,abashambo,abashingwe,abenegitori.

Iyi miryango mvuze haruguru niko yose twari duturanye.Imana yakomeje kujya imbwira ibyiyi miryango,ikancira amarenga simenye ibyari byo.Naje kumenya ibyayo hashize imyaka [12] kuko buri gihe nabaga nibanda kumuryango wanjye(Family)mvukamo ntitaye kuyindi miryango nyarwanda natekerezaga ko,buri muntu akwiye kwirwariza kuruhande rwe,bijyanye nibibazo byimiryango nyarwanda iri hanze aha.

Uyu munsi ndibanda cyane gutanga ubusobanuro kumuryango wa basinga kuko ariwo nongeye gusobanukirwa ibyawo. Ahari wenda abagize uyu muryango bashobora gufashwa bakaba bakiza ubugingo bwabo.Abasinga babaye abanyamugisha mu myaka [58] ishize,bashobora kuba ari bacye cyane.

Ariko jyewe abo nabonye cyangwa abo twaturanye,nababonye arabanyamuvumo kugeza nubwo abashatse mu basinga bafite umugisha wabarangiranye bagasigara amara masa!Nuko rero ndabingingira gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango mubashe gukiza ubugingo bwanyu mu gihe gisa nk’iki!

Umusinga wese wibona nk’umunyamuvumo,ntabwo yibeshya!Kuko igisekuruza cyanyu,cyakoreye satani,cyasenze ibigirwamana,bimura Uwiteka Imana Nyiringabo,kabone naho batari bazi Imana bihagije,ariko nta nubwo bagize umwete wo gushaka mu maso hayo.Kuko igisekuruza cyabo bakimurikiye imandwa na satani umwanzi w’Imana Nyiringabo hamwe na bakiranutsi bose muri rusange.

Iyi miryango mvuze haruguru yamaze gucirwaho iteka,umujinya w’Imana ubari kumutwe ubahoraho ibihe byose,kandi uzabahoraho kuzageza igihe umujinya w’Uwiteka Nyiringabo uzacururuka. Niba bizabaho usibye ko nta kizere igihe cyose abagize uyu muryango cyangwa iyo miryango navuze haruguru niba batihannye imirimo yabo mibi cyangwa imirimo yabasekuruza babo na babyeyi babo ubanza batazagirirwa imbabazi.

Reka rero tujye kubuhanuzi bw’uyumunsi nyirizina.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuryango wa basinga baraciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,mbona gakondo yabo yaravumwe ishyirwamo umuvumo kugirango icyo bazajya bahinga cyangwa batera cyose mu mulima wabo,ntikizaragarike ngo babone umusaruro.

Mbona iyo gakondo bayamburwa ihabwa umuryango ufasha impunzi witwa (PAM) ubundi uzwi nka World Food Programmme(WFD) mbona kandi ko,muri gakondo yabo hadutse umuriro utwika buri cyintu cyose kimera gifite ubuzima.Maze mbona iyo gakondo bayigabiza IHENE(umwuka w’Ikinyoma) zinjiramo ariko zibura icyo zahabona cyo kurisha ngo zishire inzara.

Bisobanura yuko umwuka w’ikinyoma ukorera mu basinga wamaze gucirwaho iteka n’ijambo ry’ubuhanuzi umwuka w’Imana yamanuye mu isi ya bazima.Kandi na none bisobanura yuko uwo muryango ufite umuvumo wo gusabiriza kuzageza igihe cyose umujinya w’Imana uzacururuka akaba ariho bazabone agahenge ko kuzabona umugisha.

Bivuze ngo,gukurwaho uwo muvumo biragoye cyane!Ariko kandi byaterwa na banyirubwite ubusabane bagirana n’Uwiteka Nyiringabo.Gushaka mu maso h’Uhoraho bakihana imilimo yabo mibi no gusenga ibigirwamana ahari yaba ariyompamvu Uwiteka akomeje kuzana ihishukirwa kugirango abahe uburyo bwo kwihana ibyaha by’imiryango yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bwa batutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya,mbona bagerageza gusahura muri gakondo ya bakiranutsi nyuma yuko Umwakagara akuwe ku ngoma.Ariko Babura amafaranga basahura kuko icyo gihugu Umwakagara yamaze kugihindura ubutayu ku buryo nta cyintu Wabasha kuhabona kijyanye ni feza nizahabu.

Mbona bihitiyemo kwisahurira ibitanda byo kuryamaho,hamwe ni ntebe nziza zo kwicaraho,ariko mukanya ko guhumbya gusahura bisa naho bihagaze,abantu ntibaba bagishoboye gusahura kubera ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kwabaremereye cyane Babura uko bakomeza kuvuyarara mu bisahurano ni byibano.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara akuwe ku ngoma,kandi abatutsi bavuye isamariya bazakwirwa umurwa wose basahura gakondo ya bakiranutsi,ku buryo bazajya bambura nabagenzi babo babatanze gusahura ibyibano icyo gihe abazakora ibyo,bikazababara umuvumo kuko bazaba basahura ibyashinganishijwe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,niba amatora adasubiwemo mu gihugu cya Kenya(kubara ibyavuye mu matora bundi bushya)hazabaho intambara zikomeye kandi zitazigera zibona abazazihagarika.Ariko nibakunda igihugu cyabo,bakemera gushyira ahabona ibyavuye mu matora,igihugu kirakurwaho umuvumo na kaga gakomeye kabategereje mu isi ya bazima.

Nibo bafite guhitamo icyo bagomba gukora,bahitamo umugisha cyangwa umuvumo,kuko icyo umuntu yifuza ari cyo ahabwa.Kandi icyo umuntu abibye aricyo asarura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nta bwo SONKO MIKE MBUVU yatsize kumwanya wa Governor,kandi nta nubwo azayobora uwo murwa mukuru w’ibabylon kuko Uwiteka yabihakanye mbere yuko bibaho nuko rero hanura uvuge uti,SONKO inkozi y’ikibi umwanzi wa bakiranutsi nta bwo uzayobora uwo murwa mukuru w’ibabylon uko niko Uwiteka Nyiiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gaunda zawe zisigaye ngo zitunganywe,haraburaho igihe gitoya ngo zishyirwe mu bikorwa.Kandi igihe cyageze ndetse kirasohoye kugirango bishyirwe mu bikorwa nk’uko Uhoraho Nyiringabo yabivuze niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadamu [2] banzaho ngo nitirirwe kubabera musaza wabo,umwe yari yarize,undi atarize ariko afite ubutunzi bugereranije ariko muri bose nta numwe warutunze ikinyabiziga(imodoka) maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari amadini[2] alimo gushakisha uko mwazakorana kuko ijambo ry’ubuhanuzi ryamaze kogera mwisi ya bazima.

Abakiliya babo bemera ubuhanuzi kuruta uko bemera inyigisho zabayobozi babo.Kugirango rero babashe kulinda umugati wabo,bazashaka kwitirirwa umurimo wakozwe n’Umuhanuzi kugirango byitwe ko bakorana uramenye ntuzabyemere kuko bazaba arabariganya bashaka kwitirirwa icyubahiro cy’Uwiteka batakoreye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakobwa [5] bashaka kandi bakifuza kurongorwa n’Umuhanuzi MajeshiLeon”AINESHA”,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu bakobwa bari ku isoko(market) nta numwe wawe ubarimo,niyompamvu uzategereza igihe cyawe Uwiteka Nyiringabo yakugeneye kuko uwo yagennye nta bwo ari ku isoko rya ba Nyampinga.

Ahubwo arindiwe mu gikari cy’Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi ukorera kuko uwo niwe wateguwe kuzakubera umufasha NYAMPINGA uzahiga benshi akazakubera inking y’urukundo rw’ubuzima,kandi akazagushyigikira mu murimo aho kuzaguca intege,ahubwo azakubera imbaraga kugirango akomeze amaboko yawe atazatentebuka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ibyo mbikubwiye kuko hagiye kuza uwiyita Nyampinga nyamara utariwe,kuko bashaka igihanga cyawe,azaba ar’umukozi wa bega bifuza ko bagushyikiriza ibiganza byabo kandi bidashoboka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Abandi bamaze kubona yuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rihanurirwa mu kanwa kawe ar’ukuri,none  batangiye kwifuza kuba bakubera umwe mu bo muzabana niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye kandi niko abivuze!

The Rhema word story:concerning the enemies of the Prophet “AINESHA”.

“gideon (The Presence)”

Gideon is the lover of Samara and is sort of the rival of Zach. He is stalking, or shadowing, Zach from the moment he starts talking to Sam. Gideon is also a proffesional soldier that has served for his country back home in the Middle East. He is a  couple of years older than Samara, but their relationship wasn’t really based on true love. Rather that Sam felt like she needed protection after her mom got killed. Gideon therefore used her insecurity to get inside information about USA.

“Samara”

Samara is the mayors daughter. She is very intelligent and pretty, while she shows huge interest in politics as well. Sam, which is her nickname at school, is also a well reflected girl who challenges Zachs abilities of being good with reading people. She is by far, the hardest one to read out of all the previous targets Zach has had. In addition to this, Zach struggles with her being so seductive. She easily messes around with his emotions and thoughts, which is very unusual for him. Samara is in many ways, the female version of himself.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments