HomeNewsAbantu baguye mu gitero cy'umwihebyi mu Bwongereza

Abantu [22] baguye mu gitero cy’umwihebyi mu Bwongereza

Abantu 22 barimwo n’abana bishwe abandi 59 barakomereka mu gitero cy’umwihebyi mu kigo Manchester Arena mu gihugu cy’Ubwongereza.Uwo mwiyahuzi yiturikije mu bwinjiriro isaha 22:35 zo mu Bwongereza ku munsi wa mbere, hari igiteramo cy’umuririmvyi w’umunyamerika Ariana Grande.

Igipolisi kivuga ko uwo mugabo yateye ari wenyine, yapfiriye muri icyo gitero, yiturikije igisasu.Imiryango iriho irohereza ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ishakisha  ababo, inomero yo guhamgaraho yatanzwe ni  01618569400 ikaba yategekanijwe.

Imodoka zitwara abarwayi 60 nizo ziri ahabereye ibyo bitero, abakomeretse bakaba bariho baravurirwa mu bitaro biri hafi yaho.Umupolisi Ian Hopkins yagize ati ni “ibara riteye ubwoba” ridushyikiye Greater Manchester.

Yavuze ko hagiye kunyarutswa itohoza ryo kumenya ko uwateye igisasu yaba yabikoze ku giti cye, cyangwa ko yaba ari muri gahunda yiterabwoba kimwe na mabandi  w’abandi benshi.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments