Ikinyamakuru inyangeNews kimaze igihe gikora iperereza kumakuru ajyanye nurupfu rwa PaPa wa Gitwaza intumwa ya Satani,Rev.ANDREW KAJABIKA,Gitwaza yatanzeho igitambo mbere gato yuko atanga ho igitambo BISHOP.MUKURI we,RUBEN KAJABIKA.Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu bantu bakorana bya hafi n’Intumwa ya Satani Paul Gitwaza Muhirwa uhagararirye uresengero rwa ZION TEMPLE mu Rwanda nahandi rubarinzwa ku isi hose.Ngo yaba amaze gutagaho igitambo ho papa we, umubyara REV.ANDREW KAJABIKA,na mukuru we “BISHOP RUBEN KAJABIKA” wapfuye 21werurwe,2016 akaba abaye uwa kabiri atanze ho igitambo kwa Satani kugirango ahabwe imbaraga zimwemerera kwishyira muri bibiliya mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa mu gice cya [29] kuko icyo gitabo gifite ibice [28] bakaba bagiye kongeramo igice cya [29] kugirango byemerwe ko ar’Intumwa y’Imana mu cyimbo cyo kwitwa intumwa ya Satani.
Amakuru avuga ko,ngo Intumwa ya Satani Paul Gitwaza,mbere yuko mukuru “Bishop KAJABIKA RUBEN” ashiramo umwuka,aho yarahagarariye urusengero rwa ZION Temple mu Burundi.Amakuru avuga ko,uwo mukuru wa Gitwaza ya Satani ikomeye cyane ku isi,akaba agiye no guhindura igitabo cy’Ibakozwe n’Intumwa (Bibiliya) ngo yaba agiye kongeramo izina rye muri bibiliya ngo kugirango arusheho kumenyekana cyane mu isi ya bazima.Ngo ntiyagaragaye muri iryo shyingurwa kuko yari murugend rutagatifu mu gihugu cya ISRAEL,yavuye muri Israel 23 werurwe 2016 mbere y’umunsi umwe ko bashyingura mukuru “BISHOP KAJABIKA RUBEN”,afata indege yerekeza mu gihugu cy’UBUBILIGI aho bari bafite igiterana cya bakozi ba Satani (ILLUMINATI) taliki 03 mata,2016.
Amakuru agera ku inangeNews avuga ko,ngo Gitwaza Intumwa ya Satani,ngo ari we wamutanzeho igtambo,kugirango azamurwe mu ntera.Amakuru avuga ko umuntu watanzwe ho igitambo n’umuntu ukorera Satani (ILLUMINATI) iyo bamaze kugutangaho igitambo ugashiramo umwuka ngo ntabwo yemererwa kugera aho yapfiriye ngo bamuzike cyangwa ngo bamushyingure nawe ahibereye uwo uba wamutanzeho igitambo.
Iyo akaba ariyo mpamvu yatumye Gitwaza Paul Intumwa ya satani atigeze agera mu ishyingurwa rya mukuru we,kandi ,mbere yuko mukuru we ashiramo umwuka,kuko yahise afata urugendo kugirango azagaragara murupfu rwa mukuru we KAJABIKA RUBEN wahohotewe na murumuna we wiyemeje gukorera Satani.
Intumwa ya Satani Gitwaza ku isi hose,aherutse gukoresha amahugurwa mbere gato yuko yerekeza mu gihugu cya Israel,ubwo yigishaga ko ngo hari izindi ntumwa zindi zabayeho nyuma y’intumwa z’Umwami Yesu wabayeho kuri iyisi hakaba hashize imyaka irenga [2000]
Ubwo rero ngo Intumwa ya satani hamwe nabagenzi be (Gitwaza) ngo bamaze gushaka uburyo bakwishyira muri bibiliya (Bible) ngo kugirango abantu bubaha Imana babure uko babigenza kuko ijambo ry’Imana (Bibiliya) bazaba bamaze kurivangamo uburiganya bwabo,maze abatemera Satani bamwemere ku ngufu zabo byanze bikunze!
Gitwaza akomeje gushyirwa mu majwi nibitangaza makuru hirya no hino ku isi,bamushyira mu majwi ko akomeje gukorana Satani kandi ko ibyo akora byose abikora abizi.Nubwo we nagatsiko ke kiyemeje gukura abanyarwanda mu buntu bw’Imana,kugirango bazajye mu muriro utazima batazawujyamo bonyine.
Ako gatsiko kinkozi z’ibibi gakomeje kwemeza abanyarwanda ko,Intumwa ya satani Gitwaza Paul Muhirwa,ko ar’umukozi w’Imana.Kandi ko agiye gushyirwa muri bibiliya(bible) mugitabo cy’ibyanditswe n’intumwa.Ariko mu byukuri nta gikorwa nakimwe yaba yarigeze gukoreshwa n’Imana cyangwa Satani,kigaragarira amaso ya bantu,usibye guhanura abeshya akoresheje ibinyoma nabyo bidafatika.
Amakuru avuga ko,agitangira uresengero rwa ZION,ngo yajyaga asengera abantu bafite cyangwa batewe n’imyuka mibi(demon) aho kugirango abirukane mu bantu,ahubwo baramusekaga kugeza ubwo agira isoni abantu akazajya abasengera mu cyumba ahantu hihishe kugirango abantu batabona ko adafite imbaraga.
Twibutse ko,ubuhanuzi buvuga ko,Intumwa ya Satani Gitwaza,akoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa TARISMAN zimuzanira abantu benshi murusengero kandi bakomeye mu butegetsi n’abacuruzi.
Ubuhanuzi buvuga ko,Intumwa ya Satani akoresha imbaraga zitwa ku izina rya EL-UHURU,akaba yarazikuye mu gihugu cy’UBUHINDE,abantu benshi bakunze kuba mu masengesho akenshi bagiye bahishukirwa imikorere ya Gitwaza,ariko bakananirwa gusobanukirwa imikorere ye,kuko batarifite umwuka w’imbaraga z’ubuhanuzi.Ngayo amakuru ya Muhirwa intumwa ya Gitwaza ukomeje kurindagiza abanyarwanda.
Amakuru avuga ko,ngo Intumwa ya satani Gitwaza amaze gutanga mukuru we,yahise yerekeza mu gihugu cy’UBUBILIGI kujya guhita yishyuza ko ibihembo bye ko yahaye Satani mukuru we.Nibwo rero bahise bamubwira ko,agenda agatangira kwigisha abanyamuryango ba ZION,ko hari gahunda yuko yakongerwa muri (Bibiliya) ijambo ry’Imana igice cya [29] nibwo yakubutse mu gihugu cy’Ububiligi abanza gutegereza ho gato,nyuma ya mezi [4] nibwo yatangiye gutegura amahugurwa (Seminal) hamwe nurugendo rwo kujya mu gihugu cya Israel aho yajyanye nabasangira ngendo be bafatanije kubaka ubwami bwa Satani.
Maze batangira kwamamaza bakiri muri Israel ko ngo Intumwa ya Satani Gitwaza ng yasenze ubwo bari kumusozi KALMER,ngo agasenga umuriro ukamanuka.Bishoboka bite ko,ugitangaza nk’icyo,cyabera mu gihugu cya Israel,maze itangaza makuru rigaceceka?Niba Uwiteka yaramunaye igicu cy’umuriro umwaka ushize mu gihugu cya SINGAPOLE cyari kimeze nk’ukuboko, aho icyo ibitangaza makuru byo ku isi byose byemeje yuko kwari ukuboko kw’Imana.Nigute rero umunyarwanda yari kujya muri Israel aagasenga maze Israel ikihanganira igitangaza nk’icyo.
Amakuru menshi ajyanye n’intumwa ya Satani Muhirwa Gitwaza Paul,mwayisanga mu gice cya [1-3] no gukomeza mu bindi bice,mushobora kubonamo ubuhanuzi bwose buvuga kuri Gitwaza ubwoko bw’imyuka akoresha mukuriganya abantu b’Imana.Wakwandika muri google.com,ubuhanuzi bw’umuhanuzi Majeshi leon,yahanuriye Kagame Paul,uRwanda,abanyarwanda. Aya makuru mwayasanga ku kinyamakuru cyacu cya kabiri Http//www.egretNews.com,ariko ushobora kuyasanga kuri https//www.inyangeNewss.com,muri arichieve ya 2014-15.





