Nyuma yo guhura na NYIRAMONGI JEZEBEL, mu cyumweru gishize,yahise ahitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Nyuma yo guhitana Umwami w’uRwanda, CHRISTIAN afatanije na KIBUKAYIRE, yahawe misiyo yo guhitana Chancellor Benzinge!Amakuru aturuka muri leta zunz’ubumwe z’America,aravuga yuko umwicanyi CHRISTIAN wabanaga na Nyir’uRwanda nyuma yo kunanirwa kubana n’umugore we,batandukanye,yabuze uko abaho,ajya kubana n’Umwami akazajya afasha Umwami mu mirimo itandukanye amutuma hirya no hino.Uyu mugambi mure mure wateguwe na KIBUKAYIRE,CHRISTIAN amaze kumva yuko Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,ahindutse imari ishyushye,nibwo yatangiye kumuteranya na Chancellor Boniface Benzinge kugirango abone uburyo azahirira Umwami akamwica ntawe bari kumwe,ari nako byaje kugenda aramuhitana ku giciro cy’intonorano zigera kubihumbi $ 700,000,00 y’America.
Nyuma yuko Marie Claire KIBUKAYIRE, ubwo yasuraga Umwami w’uRwanda, ajyanywe no kuneka uburyo ki,bakoresha bwo guhitana Umwami w’uRwanda.Amakuru avuga ko,yagiye yitwaje amaturo,ariko kandi anagenda ajyanye n’umuhungu we CYUSA,hamwe ni Indaya ye babanaga muri iyi minsi,mu buryo bwo kujijisha,kugirango abone uburyo barangaza Umwami ategure uburyo bwo kumuhitana.Nyuma yo guhitana Umwami,amakuru avuga yuko,ngo NYIRAMONGI yamusabye uko,akwiye gukora ibishoboka byose bagahitana Benzinge BONIFACE bari mukiriyo,kuko ari we ushobora gutuma umubiri w’Umwami udacyurwa I Rwanda.Kugirango bawukorereho imihango yabo yagipagani kugirango barebe yuko urugamba rubasatiriye barunesha kuko ari ko imandwa zabibasabye ngo kugirango bashobore kubona mandate ya lll 2017.
Amakuru akomeza avuga yuko,KIBUKAYIRE,ubwo yazaga gusura Umwami w’uRwanda,amaze kugerayo,yakoze ibishoboka byose avugana n’Umwicanyi CHRISTIAN nibwo yamuhanga connection muri AMBASADE y’uRwanda muri leta zunz’ubumwe z’America maze ajya guciririkanya ibiciro na za magigiri uburyo bazahitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.bikavugwa ko,basa naho bananiwe kumvikana kugeza ubwo NYIRAMONGI yyiziye ubwo mu minsi isize yerekezaga muri America,we numugaragu we Kagame ushinzwe kumurera abana abyara hanze,maze ahura na CHRISTIAN NIBWO BATEGURAGA UMUGAMBI MUBISHA BANAWUSHYIRA MU BIKORWA.
Birashoboka yuko KIBUKAYIRE na CHRISTIAN,za magigiri zabahitana vuba bishoboka mbere yuko iperereza ryishyirwa ahagaragara,cyangwa na nyuma y’iperereza kugirango amabanga adashyirwa ahagaragara,baburizemo ibimenyetso akaba ariyompamvu bateje akavuyo ngo bashaka yuko haba ikiriyo kikabera mu nzu y’Umwamiw’uRwanda, dore ko yarafite inzu ye, nta bwo yabaga mu nzu yinkodeshanyo.
Amakuru akomeza avuga yuko,bose uko ari [3] CHRISTIAN,KIBUKAYIRE,GAKWAYA,bahawe miliyoni $ 2, z’Idollar ngo bahitane Umwami w’uRwanda.Ubwo Christian yababwiye yuko Umwami buri kwezi ajya kwa muganga.Maze bamusaba ko yazamushyirira RASINE mu cyo kunywa igihe azaba agiye kwa muganga kugirango azahite agwa kwa muganga.Amakuru avuga ko,buri umwe yatwaye ibihumbi 600$ ariko Christian we akaba yahawe ibihumbi $700.
Nibwo Umwami rero agiye kwa muganga ngo barebe ubuzima bwe uko buhagaze,nibwo CHRISTIAN yahise amushyiriramo utuzi twa MUNYUZA,ahita amunyuza iyubusamo.Akimara gutanga mu ijoro ryo kuwa gatandatu,yahise ahamagara GAKWAYA na MARIE CLAIRE ababwira yuko gahunda yayirangije.
Ubwo Gakwaya yahise ahamagara I Kigali kuko Claire yatinye yuko hazakorwa iperereza,hakazagaragara telephone ye,ko yahamagaye I Kigali Umwami akimara gutanga.Nibwo ikinyamakuru IGIHE.COM cyahise gitangaza inkuru ako kanya batarinze no gutegereza yuko Benzinge Boniface abimenya kuko CHRISTIAN bari bamaze kumubuza kubibwira Chancellor.Benzinge amakuru akaba yarayabwiwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon ko Umwami yatanze!
Nibwo yahise ajya kureba kwa muganga asanga inkuru yabaye kimomo.Umwami akimara gutanga za magigiri zahize zibwira Christian yuko,akwiye gukora ibishoboka byose, kugirango Umwami ntakorerwe OTOPS, kugirango hatagaragara icyishe Umwami w’Urwanda Kigeli V Ndahindurwa.Christian bahise bamwemerera andi madolar agera ku bihumbi $100,000,00 bamubwira yuko KIBUKAYIRE aribuze akaza aazanye.Ntabwo rero byamuhiriye kuko Boniface Benzinge yahise atanga amabwiriza mu bagaga ko nta wundi muntu ufite uburenganzira ku mubiri w’Umwami w’uRwanda kuko ABAKAGARA bahise bakora ibishoboka byose banyura muri Famille Royal babasaba ko badakwiye gukora OTOPS y’ikishe Umwami.
Ariko Benzinge amaze kubasobanurira yuko Umwami atari uwa famille ROYAl,ahubwo ko, ar’uwabanyarwnda,kandi abanyarwanda bakaba bashaka kumenya icyo Umwami yazize maze barabyumva baratuza, ubwo Umwakagara aba arasebye!Birashoboka yuko Gakwaya usanzwe n’ubundi ufite dossier muri America akaba ari kurutonde rw’abagenocideri, ko yahita ahungira mu Rwanda mbere yuko atabwa muri yombi,kuko n’ubundi bari barateguye kuzicira Umwami murugendo ubwo yajyaga mu gihugu cy’Ubwongereza.
Ubwo ku wa mbere KIBUKAYIRE yihaye kuba igikomangoma,akigira umututsi kazi,kandi akomoka mu bahutu kazi,ubwo yahise ahasesekara,amaze kubona yuko Benzinge afite imbaraga kumubiri w’Umwami,kandi bari bateguye kwiba umubiri w’Umwami nyuma yuko banyuze muri famille Royal,bikananirana,nibwo yahise asaba Chancellor yuko bakwiyunga,noneho bagafatanya gukora gahunda zose zijyanye no gutunganya umubiri w’Umwami no gukorerwa iperereza kugirango abone uko ahitana Chancellor Benzinge. Kuko yaramaze kubona yuko gahunda zose ziri mu maboko ye,nibwo yagiye mu nzu y’Umwami Ndahindurwa,ngo niho ashaka ko hakorerwa ikiriyo,aha wakwibaza Marie Claire icyo ari cyo,k’Umwami w’uRwanda bikakuyobera ari niza mbabazi za bihehe no gushinyagura no kugirango abone uko ahitana umwiru mukuru Benzinge usigaye mu mwanya w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa akaba ari nawe uzimika undi Mwami uzasimbura Ndahindurwa kuko ari we ubifitiye ububasha.
Benzinge nawe yihutiye guhisha umurambo w’Umwami kugirango batawiba,maze abaganga bamwemerera yuko hakwiye gukorwa OTOPS kuko batemera uburo Umwami yahise apfa kandi yarameze neza nta kibazo yarafite yavugaga neza umubiri we warumeze neza.Kuko kuwa gatanu yavuganye n’Umuhanuzi Majeshi Leon,ndetse kuwa gatandatu avugana na Chancellor bamwica ni njoro ahagana mu masaa inne.
Amakuru dukesha za magigiri za Kigali,zaduhaye amakuru ndetse zikanatwoherereza ifoto ya CHRISTIAN,zatubwiye yuko ngo Umwakagara yahiye ubwoba bukomeye cyane,ngo kuko yifuzaga bakora mafia bakiba umubiri w’Umwami,ndetse KIBUKAYIRE akaba yari yajyanywe no gushaka uburyo yahitana CHANCELLOR Benzinge kuko yari yahawe amarozi yo mu nzara,kugirango ajye gusaka Benzinge amuramutse namara kumuramutsa uburozi burahita busigara mu biganza bye,maze naramuka yikoze kuzuru cyangwa kumunwa nawe agahita arangira ubwo ubwami bw’uRwanda na gahunda yo kwimika undi Mwami bigahita birangirira aho.
Andi makuru twakuye ahantu hibanga mu nzego ziperereza zikorana ni kinyamakuru inyangeNews,aravuga yuko,urwego rw’iperereza rwa CIA rwatangiye gukurikiranira hafi ibyitanga ry’Umwami w’uRwanda,bakaba barimo gukurikiranira hafi KIBUKAYIRE,ndetse na CHRISTIAN wahitanye Umwami w’uRwanda,ariko amakuru yimvaho akaba azamenyekana ari uko hasohotse raporo igaragaza icyahitanye Umwami w’uRwanda,kuko aya makuru twanditse akaba aramakuru yifatizo ariko urebye uburyo abakagara bihaye kujya mu kiriyo kandi bazi neza ibyo bakoze,bigaragaza yuko haba har’icyibyihishe inyuma.
Irwo rwego rw’iprereza ruravuga yuko,KIGALI BARI MURI GAHUNDA YO GUSHAKA UKO BICA CHRISTIAN,kugrango atazavuga amabanga yuko bahitanye Umwami w’uRwanda kigeli V Ndahindurwa.
Christian akaba arimo gushaka uko yatoroka kugirango atazatabwa muri yombi,ku buryo Kigali bamusabye ko bamuhungisha akigira I Kigali kugirango atavaho avuga amabanga dore ko nibiba impamo azahita afungwa nayo madollar ntazayarye!Biravugwa yuko police yaba irimo kumucungira hafi,ndetse ngo na KIBUKAYIRE yamaze gutangwaho raporo ko yaba ari mubagambaniye Umwami w’uRwanda,kuburyo byashoboka yuko iperereza niriramuka rigaragaje ko Umwami yazize utuzi twa Munyuza,barahita batabwa muri yombi,kuko Gakwaya na KIBUKAYIRE aribo babwiwe bwa mbere yuko Umwami yatanze kandi ntaho bari bahuriye na gahunda zo gushyira amakuru ahagaragara yerekeranye nitanga rya Nyir’uRwanda.
Leta y’uRwanda yakoze ibishoboka byose ngo irebe yuko byabakundira gucyura umurambo kandi baranze gucyura umuntu ukiri muzima,ngo kuko icyatumye Umwakagara ahitana Umwami,imandwa zamusabye guhita umuntu wabayeho umukuru w’igihugu cy’uRwanda,nibwo yagiye kuzikura MBONYEMUTWA,ajya kumuhamba ahandi,birashoboka ko,imandwa zaba zitarabyishimiye,nibwo yakoze ibishoboka ngo ahitane Umwami kugirango yemererwe yuko ngoma ye ihawe umugisha nabadayimoni ikazaramba burundu.
Gushaka gucyura umurmabo w’Umwami barashaka ko bajya kumukoreraho imihango yabo yakidayimoni ahasigaye bagahabwa ubwami butazagira iherezo.Ubanza rero yavomeye mukiva,ibyo yifuzaga bikaba bitari bushoboke niyompamvu bandikishije mukinyamakuru yuko babanye neza na America ko bazacyura umurambo w’Umwami ugashyingurwa mu Rwanda banze ko arutahamo akiri muzima,none bakaba bashaka gucyura umurambo!
Amakuru avuga ko,yatanze nyina ho igitambo,kugirango yemererwe guhindura itegekonshinga hamwe na gukoresha kamarampaka,ariko ibyo ntabwo byari bihagije.Abadayimoni nibwo bamusabye kwica umuntu wabaye umukuru w’igihugu,nyuma yuko nyina agiye gutemesha igiti cy’umuvumo cyatewe na Rwabugiri,hanyuma kikarira amaraso!Nibwo abakonikoni bahise baterana babwira ASTERIA Nyina w’Umwakagara yuko amaraso agiye kumeneka byanze bikunze ubwo nyine bahise bahindura ibyari ugushaka intsinzi byahise bihindukamo ibindi binyuranije nibya mbere bari bagiye gushaka nibwo imandwa zahise zimwivugana kuko bagiye gucokoza abakurmabere batabanje kubatsirika.
Amakuru akomeza avuga yuko,ngo noneho imandwa zamusabye gutanga umukobwa we akunda cyane witwa Angel,ko naramuka amutanzeho igitambo ubwami butari burimburwe.Nibwo ngo yabonye atakwihekura ngo kuko umukobwa we,amukunda cyane,maze nibwo yahise ategura uburyo bahitana Umwami Ndahindurwa.
Birashoboka yuko,ibyo gucyura ndahindurwa,bitari bumushobokere maze kuba yamwivuganye bikaba nta co biri bumumarire,nibimara kumuyobera,aribuhitemo ubwami n’umukobwa we,afate icyemezo,byashoboka yuko mu mpera zuyu mwaka yahitamo kwihekura akemera agatanga Angel ahasigaye agahabwa ubwami akareba yuko bwazaramba usibye ko,abadayimoni barimo kumushyiraho amananiza kuko bazi neza ko,bitazashoboka!Ariko kuko we arimo guhangana n’isi,azemera atange umukobwa we,ashobora kumwicisha impanuka,cyangwa akamushyiriramo agafatwa nuburwayi bakamushyira mu ndege agapfa ageze mu ndege bamujyanye muri America,akagarukira mu nzira dore ko amafaranga akoresha ayigihugu kandi akaba nta muntu uzabimubaza.
Ntibitangaje kuba abahitanye Umwami nabo bashobora guhitanwa kugirango batazamena amanga uburyo bahitanye Umwami,ariko kandi niko bisanzwe iyo niyo mikorere y’Umwakagara iyo amaze kugukoresha ahita nawe akurangiza,mbere yuko umuvamo.Ikinyamakuru inyangeNews gikomeje gukurikiranira bya hafi cyane icyaba cyahitanye Umwami w’uRwanda,kandi ibizava mu iperereza bikazashyirwa ahagaragara kugirango abanyarwanda bamenye icyaba cyahitanye Umwami wabo.Kandi tuboneyeho kubamenyesha yuko imirimo y’ubwami ikomeje nk’uko bisanzwe,kandi abanyarwanda benshi bakunda ubwami bw’uRwanda barimo abacuruzi bakomeye,abakoze bakorera amahanga nimiryango mpuzamahanga bakomeje gufata imugongo ubwami bw’uRwanda,hamwe na Chancellor Benzinge umwiru mukuru w’ubwami bw’uRwanda,nyuma yibi byose,hakazakorwa gahunda neza yo kwimika undi Mwami akaba aribyo Umwakagara arimo guhangana nabyo,ariko turabizeza yuko atazabishobora.
Muzagezwaho iyima ry’Umwami ugiye gusimbura Kigeli Ndahindurwa,watanze ku wa gatandatu ni njoro,ariko ibi byose bikazakorwa mu ibanga rikomeye kuko twagize amahirwe abakagara bakaba batakibarirwa mu nteko nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryabishyize ahagaragara yuko bamaze gucirirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo ubwo nahubutaho mukomeze kwihanganishana kandi muceceke kugirango umwakagara atabarimbura mudasohoye mu masezerano. Mushobora gukurikirana amakuru yandi kuri radio inyange,kugirango mushobore gusobanukirwa amakuru yose,tubagezaho kugirango musobanukirwe iby’itanga ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.





