HomeNewsMu ntara yamajy’Epfo,habonetse Petrol izacukurwa muri niko Uwiteka avuze!

Mu ntara yamajy’Epfo,habonetse Petrol izacukurwa muri [2048]niko Uwiteka avuze!

Kubiringira uhoraho,Uwiteka azakoresha Satani ushinzwe ku kurwanya akugirire neza [Ayiwe]!!!

May 19, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu baruhijwe na FPR-Inkotanyi,icyo bakoze cyose kirasenywa ubucuruzi bwose bakora bakabuhombya buriya abahutu nta maso bagira ngo bakize ubugingo bwabo?Uko niko Uwiteka abaza!

Dore iminsi izaza bagiye gutsembwaho bazabamaraho burundu hazasigara abahutu bari hansi y’umubare wa batutsi kuko bahanganye n’Inzika y’Inzigo yigihe kire kire,kandi bazashira pe!Nyamaea se bagiye gushiraho bataraburiwe ngo bakize ubugingo bwabo.Nuko nerekwa abagore b’Abahutu-Kazi bicaye kumashami y’igiti kirekire amashami yacyo yamaze kuma(RPF)maze ngerageza kuburira umwe mubagore b’Abahutu wayirwanyaga kumugaragaro.

Ariko nkabona atumva,mbona abahutu bararushye no kwicara bahunga ejo bahungutse mbonako iyo mikino batakiyirimo ahubwo biyemeje guhangana na FPR-Inkotanyi,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,rero ubwo abahutu na hutukazi biyemeje guhangana n’inkozi y’ikibi,nibarambure kandi barambye kuko guhangana n’umwakagara bisaba gushirika ubute kuko uba uhanganye na sekibi ariko nubwo bagiye guhangana nawe bishyize mukaga gakomeye batazikuramo ariko byose birajyana nicyaha cyo kumena amaraso atariho urubanza kuko byanze bikunze amaraso ahorerwa ayandi iryo ni jambo ry’Imana.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi kuko ngiye gukora igitangaza ngikorera umwe bo mu bwoko bw’Abakiranutsi kugirango amenye yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose uko niko Uhoraho avuga.

Ndetse suwo gusa ahubwo nibenshi ngiye gukorera ibitangaza bahoraga bifuza kugirango bamenye yuko Imana ukorera ariyo Mana y’Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon umugaragu wanjye uko niko Uhoraho avuganye nawe mur’iki gitondo.Erega humura nzakoresha abo mu bwoko bw’Abakiranutsi,kuko burya nakoresheje inkozi zikibi kugirango urusheho kunyizera no kumenya yuko Uwiteka atagira umupaka kuko ashobora no gukoresha Satani akakugirira neza kandu ubusanzwe ar’inkozi y’ikibi uko niko Uwiteka avuga.Yesaya 45:3 nzaguha ubutunzi burahantu hihishe ho mu mwijima kugirango umenye ko nd’Uwiteka Imana yawe.

Nuko rero ntimuhagarike umutima cyangwa ngo mugire ubwoba kuko ubutunzi bwose umwanzi yatwambuye agiye kubugarura kandi azabukuba inshuro[7] kugirango mumenye yuko Uhoraho agira neza kandi icyo gihe muzaba abagabo bo kumpya mu isi yose Yudea,Igarilaya n’Iyerusalem uko niko Uhoraho abvuganye nawe uyu munsi.

Dore hurumugisha mwinshi cyane ukuziye,abazaguha umugisha nanjye nzabaha umugisha kuko bazaba barakunze ijambo ryanjye numugaragu wanjye,abazakuvuma nanjye nzabavuma kandi urubyaro rwabo ruzagukorera bakubera abagaragu kugirango bamenye uwo Uwiteka yakunze uko agirirwa neza n’Imana yo mu ijuru uko niko Uhoraho abivuze!Abo bose barimo batekereza kuguhesha umugisha ngiye kubaha umugisha kugirango isezerano basezeranye barisohze uko niko Uwiteka avuga.

Mu ntara yamajy’Epfo,habonetse Petrol izacukurwa muri [2048]niko Uwiteka avuze!

rwanda-map-large-300-300May 20, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho injira mu iyerekwa ngire icyo nkwiyerekera,ubwo ako kanya ninjira mu iyerekwa maze mbona ibikomeye bigiye kubaho mu isi yabazima.Uhoraho anyereka ukuntu umwakagara yaguze indege amafaranga atagira umubare yarangiza akayikingira “burets proof”kugirango atazaraswa nk’uko yarashe Habyarimana.Nyamara Uhoraho afite inzira nyinshi zo gusohoza ijambo rye kugirango yereke abana b’Abantu ko ari we Mana kandi ariwe rurema kuburyo ntaho Wabasha guhungira Uwiteka.Ataguhaye kurama ninde se waguha kurama naho wakoresha ubutunzi bwawe tanakoresha umugore wishakiye cyangwa isikoti akagukuramo ubugingo kugirango umenye yuko wibeshye ibyo wibwiragara bitandukanye nimigambi y’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

colonel-gaddafiAho ndahava njyanwa ahandi nerekwa uburyo afite umushinga wo gutanga amazi igihugu cyose kugirango bazajye bamuririmba nk’uko baririmbaga Col.Gaddaffi Muamari nyakwigendera wo mu gihugu cya  Libya,mbona ageze aho bita mu ntara ya majy’epfo (Butare)mbona azenguruka icyo giturage hari ahantu hitaruye cyane kumusozi (NYAKIZU)maze hakurya gato hari intwaza muheto yamwitegeye, izi gufora umuheto.Ako kanya ubwo umwakagara balimo bamwereka iby’amajyambere byo muri ako karere, mu gihe yarazengurutse ashaka kureba inyuma aho yaraturutse,mu gihe agaruye umutwe kureba inyuma  aho yaturutse nk’uko umuntu ashobora gukebuka.

Spear1Mbona ako kanya ya ntwaza muheto yamwitegeye irekuye umwambi uraje  nkiyagatera ukonkobotse kuri uwo musozi uraza neza no muruhanga rwe ngo pa!Ako kanya umwakagara yikubita hasi agaramye maze ibintu biracika mbona rubanda rw’Umwami ruratatanye abantu bakwirwa imishwaro bayoberwa uko bigenze naho biturutse maze bariruka barahunga maze ibukuru babwirwa yuko umwakagara yitabye rurema wawundi yavuze yuko adashobora byose!

Maze abakagara n’abakagara-kazi bose uko bakabaye birara muri rubanda rw’Umwami maze sinakubwira baratemagura barica bamarira abantu ku icumu ibintu biradogera maze numva rubanda rw’Umwami bavuga ngo”YEWE,TWANZE KUMVA IBYAHANUWE IBYO IJAMBO RY’UHORAHO RYATUBWIYE,REKA BITUBEHO KUKO INTUMVA IRIRA KUMUZIRO”.

Ubwo inkuru ibkigali1a kimomo kubari mu murwa mukuru w’IYERUSALEM batari bamenye ibirimo kuba ni uko byagenze ubwo inkuru iba ibonye kibara nuko “abantu barumirwa Babura ifuni na majyo” kaba kababayeho hasigara kwiringira Uhoraho wenyine kuko nta bundi buryo bwose bwari busigaye

Ubwo umwakagara bajya kumurasa byatewe nuko yari yamenye yuko muntara ya majyepfo Butare havumbuwe PETROL mbona hakozwe umushinga wo kuzayicukura muri [2048]ahabonetse Petrol na hitwa muri NYAKIZU,RUNYINYA,byose hamwe byari uturere [4] gusa nibuka uturere [2] twonyine.Maze batangira kwirukana abaturage aho kubagurira ngo bahabwe ibihwanye  nikiguzi cy’amasambu yabo ahubwo bahimba uburyo bwo kubimura binyuranije namategeko kugirango batagira icyo b’Abatangaho bityo bazabashe kwibonera ubwo butunzi nta gishoro batanze.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze riramwbwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yahishe ubutunzi bwe muri gakondo yabakiranutsi,kandi ubwo butunzi abubikiye abakiranutsi kuko nta bwo bishoboka yuko ubwo butunzi bwaribwa nabanyakinyoma b’abarepublike kuko igihe cyabo kirarangie kandi igihe cy’umwakagara cyageze ku iherezo uko niko Uwiteka abitegetse.

Ubwo abakagara n’abakagara kazi mbona bakwiragiye imishwaro berekeza iyamahanga bagenda batagira impamba kandi batiteguye kuko batunguwe gusa bari baribye bihagije ku buryo kugenda kwabo nta cyo bahombye kuko bibaga babitsa mu gihugu kiyobowe n’umusita mbona berekeje iyo mu gihugu cy’umusita maze ubutabera na bwo mbona baburi inyuma dore wa mugani isi itagira imbabazi!

 

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments