HomeNewsAbasataniste bahawe ubutunzi bw'isi yose!

Abasataniste bahawe ubutunzi bw’isi yose!

Amakuru agera ku kinyamakuru inyange News.com,aturuka ahantu hizewe tudashaka kuvuga kubera impamvu z’umutekano wabatanze amakuru.aravuga ko,mu mwaka wa 2014 mukwezi kwa nyakanga (July) mu murwa mukuru w’IBABYLON witwa SHUSHAN habereye inama ya Satani yari ihagarariwe na ba representative kurwego rw’Isi.

Iyo nama yabereye muri hotel yitwa SERENA aho abayoboke ba SHITANI bafite urungero rwo kuramya Satani nabadayimoni.Ibyari kumurongo w’ibyigwa kwari ukurebera hamwe uburyo idini rya Satani ryashyirwa ahagaragara rikareka kuzajya rikorera u bwihisho uko byari bisanzwe.

Hanyuma ikindi gikomeye kigiwe muri iyo nama ni uko igihugu cy’IBABYLON uko gifite intara [47] zose uko zingana zigomba kubamo uhagarariye Satani akaba ashinzwe kumenya abayoboke ba SHIATANI uko bangana imirimo bakora,ndetse bakanamenya abarwanya Satani uko bangana bityo bakabona uko babafatira ingamba zuburyo bagomba kubarwanya kugirango babulizemo ibikorwa byabo byitera mbere

Muri iyo nama yari yitabirwe na bantu batari hasi y’[3000] bemeje ko umuntu wese ushaka kwinjira mu idini rya SHITANI azajya abanza kwishyura ibihumbi [7000] byamashillingi kugirango abe umunyaryango wiryo dini hanyuma yo kuba umunyaryango bakabona kumuha ubutunzi bwose yifuza kandi akemera gushaka abandi banyamuryango bandi baba bifuza kuba abayoboke ba SHITANI kandi bahawe amabwiriza ko batagomba kumwita SATANI ahubwo ko bazajya bamwita Imana yaremye ijuru n’Isi naho Uhoraho akaba ariwe bita Satani.

Bavuze ko bizarushaho kumvikana cyane kuko nta muyoboke wa SHITANI uzabura ubutunzi bw’Iyisi bityo bikazagaragara yuko abasenga Imana yo mu ijuru arabakene bityo bakazajya bigisha ko Satani ari umukene akaba ariyo mpamvu adashobora kubaha umugisha kandi bakazajya bavuga ko abazungu bacuritse ibintu aho banditse muri bibiliya ko Imana ariyo satani naho Satani hanyuma Satani akaba ariwe Mana.

Hafashwe ingamba ko nta munyamuryango uzongera kwinjirira Ubuntu,ariko andi makuru aravuga ko,ubu kwinjiramo mur’iryo dini bishobora kuba bigeze kubihumbi [15000] by’amashillingi kugirango ube umunyamuryango maze ubone gukora ku ifaranga usezere kubukene.

Ibanga rikomehe abantu bakwiye kumenya ni uko ubu ubucuruzi bwose ubu biravugwa yuko bwaba buri mu maboko yabacuruzi bemeye kuramya SHITANi kugirango babone uko barengera ubutunzi bwabo.

Bahawe amabwiriza yuko buri munyamuryango azajya afata igice runaka cy’uburuzi kuburyo abanyamuryango ba Sekibi bose bazajya bayoboka uwo munyamuryango wabo bakazajya bamugurira kandi ko uzajya aza muri ubwo bucuruzi atar’umunyamuryango wabo(satani) ko bazajya bamwica.

Ubuhamya uwitwa Richard tudashaka kuvuga amazina ye yose nk’uko yabisabye InyangeNews,yatubwiye ko,yashatse gucuruza HADWARE ibijyanye n’ubwubatsi akabanza kugirwa inama yo kubanza kuba umunyamuryango byaba atar’ibyo bikaba bidashoboka yuko yakora ubwo bucuruzi kandi naramuka akomeje ashobora kuhasiga ubuzima.

Bavuze ko umuntu azajya yicwa hakoreshejwe kuraswa na bantu batazwi,cyangwa akagongwa (Accident) hanyuma bakabona uburyo barigisa dossier ye bitwaje ko uwagonzwe ariwe munyamakosa ko yagonzwe arimo kuvugira kuri telephone bityo urubanza rukarangirira aho.

Bafashe telecommunications bafata transport bivugwa ko iyo nama yarimo abanyapolitike,abacuruzi bakomeye ndetse yarimo na ba Pastor bashinze amadini yo kuyobya ubwoko bw’Imana kugirango bayoboke Satani ubundi bazarimbuke.Hafashwe imigambi ikomeye ku muntu bashobora kubona afite impano yo guhanura bavuze bene uwo muntu abangiriza za gahunda zabo kandi agatuma abantu babacikaho bityo hafatwa umugambi wo kuzajya babica babareshe cyangwa bagafatwa bagafungwa bakagerekwaho dossier maze bahera muri gereza ariko ntibamureke ahubwo bakazamukurikirana muri gereza bakamwicirayo bikazavugwa ko yarwaye agapfa azize indwara.

Amakuru avuga ko abahagarariye Shitani ku mugabane w’Africa,bose bari bahari ariko abakuru babo bari baturutse mu gihugu cya Nigeria,amakuru akomeza avuga ko uRwanda na Uganda bitahatanzwe nabo bari babukereye ku buro bavuye aho bemeje yuko bagiye kuvugana nubuyobozi kugirango idini ry’imana yabo rihabwe ubuzima gatozi.

Umwaka ushize ndetse nuyu mwaka mu Rwanda no mu gihugu cy’IBABYLON ayo madini ya Shitani yasabye ubuzima gatozi kugirango yemererwa gusenga imana yabo,ariko kugeza magingo aya amakuru avuga ko bataremererwa ariko ngo bategereje ko leta yazabaha igisubizo kuko nubwo bataremererwa neza ariko nta nubabuza kuramya satani nabadayimoni.

Mu Rwanda byabaye nkibitinda ho gato,kubera itegekonshinga ryali ritarahindurwa akaba ari nayo mpamvu umwakagara wari yohereje abamuhagararira mur’iyo nama yahise ahindura itegekonshinga vuba vuba maze idini rya Shiatani rahise risaba kwemererwa gusenga Shitani murwego rwo kubahiriza uburenganzira bwabasenga Shitani.

Murwagsabo babonye ko bisakuje cyane kandi bitanze isura mbi mubanyagihugu,bahise bavuga ko batazabaha ubuzima gatozi kugirango barebe ko bahosha umujinya rubanda baria bamaze kugirira ubutegetsi bwa FPR ariko amakuru atugeraho yemeza ko ubu iryo dini ryamaze guhabwa ubuzima gatozi rwihishwa dore ko nta muntu uzababuza gusenga imana yabo nta nuzajya kubabaza impamvu basenga satani

Bivugwa ko umwakagara kuba yarkauye Imana mu itegekonshinga ry’ishingiro ry’igihugu,ngo ni uko harabaherwe babazungu bakomeye bamwereye ko naramuka abigenje gutyo bashobora kumuvuganira kuri ba mpatse ibihugu maze akazemererwa kuyobora manda ya lll ntagushidikanya.Iyo ikaba ariyo yabaye imbarutso yatumye bakuraho ijambo Imana ishobora byose mu itegeko nshinga ry’uRwanda.

Buri gihugu cyahawe amabwiriza yo kurwanya abakiranutsi,bakigarurira ubutunzi bw’isi maze abavuga Imana bagakomeza bakarindagira.Gutanga akazi bizajya bishingira ku kuba urumunyamuryango umunyamuryango wa Satani azajya yitwaza recommendation y’umusataniste ukomeye muburuzi cyangwa muri politike kugirango ubutunzi bukomeze kuba mu maboko yabanyabyaha abakiranutsi ntizigere babona umugisha basezeranijwe n’Uwiteka Imana yo mu ijuru.

Ubu bikavugwa yuko ubucuruzi bwa Essence  bwose buri mu maboko ya basataniste,telecommunication zose nizabo,ubutegetsi bwose hafi ku isi yose nubwabo.Ibyo ngo babikorera kugirango Imana yacu dusenga itazigera ibona inzira zo kubarwanya ngo ibe ya bona aho yamenera kuko bemera kandi bakizera yuko udafite amafaranga kuri iyisi nta kintu ushobora gukora.

Kandi basabye za leta nkabafatanya bikorwa kuburizamo ubucuruzi bwose bukorwa leta itabunkotoroye ngo imenye ababukora nibande bunguka angahe nicyo cyatumye hafatwa gahunda yo gushyira abantu mu makoperative kugirango babashe kubacunga neza batinyagambura.

Murabona yuko turi muri bya bihe byahanuwe nabahanuzi bavuze ko mu minsi ya nyuma ibintu bizaba bikomeye cyane kandi abazarokoka ibyo bihe bazaba ari bacye cyane ugereranije ni uko situation izaba imeze cyangwa ubu imeze.Mu nama yabaye mukwezi gushize werurwe 2016 hemejwe yuko ikoranabuhanga ryakwihutishwa vuba vuba rizafasha gukontorola buri muntu ibikorwa byose akora

Kandi hemejwe ko nta muntu uzapfa kuyobora igihugu ngo abe umukuru w’igihugu atabiherewe uburenganzira na Satani ariyo mana yabo.Hemejwe yuko hazajya haba intambara mu gihe cyose hazaba hagize utsinda amatora bakamurwanya bivuye inyuma kabone nubwo byazahitana abatagira ingano abakomeye bazajya babuzirizamo izo manza bakoresheje abacamanza babo bakorera muri urwo rukiko

Muri macye hemejwe yuko ubutegetsi buzajya burasa abagerageje kubangamira imikorere y abo bakazajya babarasa maze leta ikazajya ivuga ko bari mu iperereza bakibikurikirana kuzageza igihe urwo rubanza ruzata agaciro bikarnagira gutyo.Kandi banavuzeko bagiye gukangurira abanyamadini benshi batari mu murongo mwiza wo kubarwanya kugirango babe abafatanya bikorwa maze abavuga ko bazahunga Satani ahubwo bazisanga barimo kumukorera batabizi

Bene data bakundwa nibyinshi twababwira ariko ntibyadushobokera kubyandika byose ngo umuntu abirangize,ariko nuko gahunda imeze urabe wumva birenge niwowe ubwirwa,naho nyamwanga kumva ntiyanze no kubona.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments