March 19,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo ya Rwanda National Congress (RNC) wongeye guhaguruka barakurakaliye cyane kubera guhyira ahagaragara ibyabo unyuzwamo n’Uhoraho.Nubwo babihakana muruhame kugirango babone uko birwanaho,ariko iyo buri umwe ari wenyine ntabura kubyemera no kubyizera niko Uwiteka avuga.
Nuko rero witinya kandi ntugire ubwoba kuko arijye waguhaguhagurukije mu igihe gisa nk’iki?Niko Uhoraho avuga.Dore nakugize umucamanza uca imanza zitabera kugirango ucire ubwoko bwanjye urubanza kanzi nzi neza yuko nta numwe urenganya kuko ukora ibyo ngutegeka.Nubwo babihakana muruhame,icyangombwa ni uko babyemera mu mitima kuko ibimenyetso byose barabyemera kandi ubuhanuzi buberekeyeho bwose bwabasohoyeho niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore RNC bafite ikibazo gikomeye bagiye gutangiza urugamba kuko bamaze kwitegura bagiye kurwanya umwwakagara nyamara urwo rugamba nta bwo bazarutsinda ngo bime ingoma uko niko Uhoraho avuga.Dore nabo bahanganye nijambo ryanjye banze kwemera barahakana banze kwizera ijambo ry’Uwiteka bameze kimwe nkumwakagara kuko nabo bizerera mu ntambara no mu ntwaro zintambara ariko bazatangazwa ni uko barwana ariko ntibatsinde intambara kandi ntaa bwo bazima ingoma kandi numwakagara azavaho ariko taribo bamukyeho uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inshuti yawe Harindintwali Jean Paul ukora muri ULK yarahumanijwe nabagizi ba nabi abanzi bumusaraba.Dore yabuze urubyaro nyamara suko atabyara ahubwo nuko yahumanijwe.Kandi dore azengurutswe nabadayimoni ndetse intamabara igiye kuza mu minsi iri mbere natareba neza ashobora kuzayigwamo kuko abanyabwoba banze guhunga bihaye amasezerano kandi atarijye wayabahaye nuko rero bamenye neza yuko ntakabuza batazabura kugwa muri iyo ntambara niyompamvu abantu bakwiye kwiyeza hakiri kare kuko bananiwe kwizera Uhoraho ngo bakize ubugingo bwabo nk’uko Abraham yakijije ubugingo bwe ubwo inzara yateraga I Cannan
Nuko rero nabandi nabo ni uko bigiye kubagendekera kuko banze kwemera no kwizera Ijambo ry’Uhoraho ahubwo biha amahoro mu mitima yabo.Kwizera kwabo ni ukwizera kubwoba nta bwo guhura ni jambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga
Uwo Jean Paul yahumanijwe na mukase arasenga nkavugana nawe ariko yananiwe kumva no kumenya imiburo yanjye nuko rero iyo umuntu ananiwe kumenya imiburo y’Uhoraho biba birangiye kuko azengurukwa nabadayimoni kandi adashobora kubona igisubizo kubera kutumva imvugo y’Uwiteka Imana yo mu ijuru.Andika ubwo butumwa bwe,ahari aho nthazabura usoma ubwo butumwa maze akabumugezaho uko niko Uhoraho avuga.
Dore yavuye murukundo rwanjye rwa mbere cyera yasenganaga umwete none ubu intambara zabaye nyinshi ndetse nta numwanya agifite wo gusenga kubera umwanzi yamaze kwinjira mu iryo torero rya ADEPR abanyantengenke byabaguye nabi bituma basubira inyuma dore ko uwo wariwo mugambi w’umwanzi akaba yarageze kumugambi we uko niko Uhoraho avuga.Nuko rero shyiraho telephone ze kugirango uzashobozwa no kuba yamugezaho ubwo butumwa azabikore Tel +250788779043.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze njyanwa mu iyerekwa mbona perezida M7 arikumwe n’umwakagara barimo bavugana uburyo bagiye gukurwa kubutegetsi nababubashyizeho(USA) mbona ariko M7 ariwe ugeramiwe cyane mbona yabuze inkunga yamahanga ndetse abura namashillingi yo guhemba abasirikare kugeza ubwo abasirikare bafata icyemezo cyo kumukura kubutegetsi
Ubwo M7 abonye ko bimukomeranye ahitamo kubeshya abasirikare ko abasirikare bakuru aribo bariye imishahara yabo abasezeranya ko agiye gukora ibishoboka byose akabahemba ariko kwari ukwivana mukimwaro amashillingi yari ntayo nuko mbona abasirikare bakuru bafashe icyemezo cyo kumukura kubutegetsi kungufu.Numva Museveni akomeza kuvuga yuko ngo ariwe perezida wa Uganda nyamara byari byamurangiranye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko numva umwakagara amuhaye amasezerano yuko azamuatabara bose bagatabarana kandi ntampamvu yo gutinya habe nagato ahubwo ko bakwiye kurwana intambara ikomeye ya mahanga nabonaga nta gisubizo kibibazo bafite ahubwo arukwihagararaho gusa nyamara badashobora kuba babibonera umuti wibibazo nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nk’uko ibyahanuwe bivuga uko niko bigiye kugenda abo bagabo bombi bakuwe kubutegetsi kuko basuzuguye umwuka w’Uhoraho ahubwo bashyira imbaraga zabadayimoni imbere ndetse banakangurira nabandi kuyoboka izo mbaraga kugeza ubwo gihugu bagishyize mu maboko ya Satani bakemeza ko abagore bakwiye gushakana nabagore bagenzi babo abagabo bagashakana kubagabo nuko rero kuko bataye ijambo rynajye nanjye ndabataye maze bizamenyakane yuko Uwiteka yabavuyemo uko niko Uhoraho avuga.
Dore amaraso bavushije nzayahorera kaindwi gukuba karindwi 7*7=49 ibyo bakoze byose Uwiteka ntazabura kubibahora kuko babikoranye urwango ndetse bakoresha ubugome bwindenga kamere nuko rero iyicaye iri mu ijuru irabaseka nayo ivuga yeruye iti,kumunsi wa makuba nanjye nzabata nk’uko mwantaye zinzumva kurira kwanyu ndetse nta muntu uzabagirira imbabazi izo mutagiriye abandi namwe ntimuzazigirirwa uko niko Uhoraho avuga.





